Ubuyobozi bwa Grand Legacy Hotel bwatangije ibihe bya Noheli n’Ubunani ku bakiliya n’abafatanyabikorwa bayo mu birori ngarukamwaka bizwi nka ‘Christmas tree lighting’, aho hacanwa igiti cya Noheli. ‘Christmas tree lighting’ ni ibirori ngarukamwaka bitegurwa na hoteli ya Grand Legacy, mu rwego rwo kwifatanya n’abakiliya b’imena n’abafatanyabikorwa bayo batandukanye bakishimira ibyagezwehoContinue Reading

Ishuri Mother mary International School Complex  ni Ishuri mpuza mahanga rifite icyicaro Kibagabaga mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali rikanagira Ishami I Gahanga mu murenge wa Gahanga mu karere ka Kicukiro.   ni shuri rimaze kumenyekana cyane kubera impano zidasanzwe rifite  zishingiye ku myigire mpuzamahanga ndetse n’Uburyo bushya bw’ImyigishirizeContinue Reading

Byari Ibyishimo bidasnzwe ndetse n’Akanyamuneza kubaturage bo mukarere ka Gicumbi mu murenge wa Kaniga Akagari ka murindi  Ubwo bakiraga Ministiri w’Ibidukikije Dr Jeanne D’Arc Mujawamariya Guverneri w’Intara y’Amajyaruguru  Maurice Mugabowagahunde, n’abandi bafatanyabikorwa barimo . arikumwe n’Abandi barimo Ambasaderi w’Ubudage mu Rwanda  kuri uyu wa 20 Ugushyingo, mu birori byo gutahaContinue Reading

Mu kiganiro abaturage batuye mu Kagari ka Rubona mu Murenge wa Nyamyumba mu Karere ka Rubavu bagiranye na Africanapost, bavuze ko ibihe tugezemo batakomeza umuco bari basanzwe bafite wo kubyara abana benshi aho wasangaga hari umuryango wabyaye abana barenga icumi. Iki kibazo cyo kubyara abana benshi bagaragaje ko gifitanye isanoContinue Reading

 Abapolisi 10 n’Abarinzi ba Pariki y’Akagera 17 basoje amahuguruwa y’ibanze mu gucunga umutekano wo mu mazi.  Ibi byabaye  Kuri uyu wa 15  Nzeri 2023 mu karere ka Rubavu  ku kiyaga cya Kivu . Abapolisi b’igihugu bagera kuri 10 n’Abarinzi ba Pariki y’Akagera 17   basoje amahugurwa yo gucunga umutekano mu mazi(MarineContinue Reading

Ikipe y’Abasirikare barinda abayobozi bakuru b’Igihugu (Republican Guard) yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Irushanwa ryo Kwibohora “Liberation Cup Tournament” nyuma yo gutsinda iy’Abasirikare bo mu mutwe udasanzwe, Special Operations Force ibitego 2-0 muri kimwe cya kabiri. Uyu mukino wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku gicamunsi cyo kuri uyu waContinue Reading

Ubusugire bw’Ingo ni Ijambo rimaze kumenyekana kandi rikoreshwa  cyane mu kubaka no gufasha Abashakanye mu buryo bwemewe na Kiriziya kubaka neza Umuryango no kurera neza abana bawuvukamo . Ibi biri mu bikubiye mu biganiro bigiye guhuza Abayobozi muri kiriziya gatolika y’u Rwanda n’u Burundi guhera taliki ya 22 Kugeza 25 KemenaContinue Reading

Kuri Uyu wa Gatanu Tariki ya 12 Gicurasi mu Ishuri rikuru ry’Ubuzima  rya Ruli Riherereye mu karere ka Gakenke . Ni umuhango witabiriwe na Dr Sabin Nsanzimana Ministiri w’Ubuzima aho yari kumwe na Nyiricyubahiro Antoni Cardinal Kambanda  akaba n’Umuyobozi w’Ikirenga w’Irishuri n’Abandi bayobozi mu nzego zinyuranye. Ishuri rikuru ry’Ubuzima ryaContinue Reading

Uburyo bw’Iyamamazabuhinzi bworozi hakoreshejwe Amajwi n’Amashusho nkino   yateguwe na Porogaramu SAWBO yo muri PURDUE Universty muri Leta zunze Ubumwe za Amerika  buje kunganira Ubundi buryo buhari mu guteza Imbere Ubuhinzi n’Ubworozi  Mugihe Urwanda rukomeje kwakira Impuguke zinyuranye mukunganira Abahinzi n’Aborozi kugera ku musaruro Ushimishije , binyuze muri Porogaramu SAWBO yoContinue Reading

Buri wa 3 Kamena Kiliziya Gatolika yizihiza Umunsi w’Abakirisitu Gatolika 22 bahowe Imana b’Abanya-Uganda, bakaza no kugirwa Abatagatifu. Bari mu Banyafurika benshi bishwe bazira kuyoboka abapadiri bera bari baturutse mu Burengerazuba bw’Isi, baje kwigisha ijambo ry’Imana. Abo bahowe Imana bashyizwe mu gitabo cy’Abatagatifu Kiliziya yiyambaza, gusa ubwo bicwaga n’Umwami KabakaContinue Reading