Ubusugire bw’Ingo ni Ijambo rimaze kumenyekana kandi rikoreshwa  cyane mu kubaka no gufasha Abashakanye mu buryo bwemewe na Kiriziya kubaka neza Umuryango no kurera neza abana bawuvukamo . Ibi biri mu bikubiye mu biganiro bigiye guhuza Abayobozi muri kiriziya gatolika y’u Rwanda n’u Burundi guhera taliki ya 22 Kugeza 25 KemenaContinue Reading

Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali cyaje mu bibuga by’indege icumi byiza ku Mugabane wa Afurika, mu gihe mu karere u Rwanda ruherereyemo kiri ku mwanya wa gatatu. Ikibuga cy’Indege cya Kigali cyahawe iyi myanya binyuze mu bihembo mpuzamahanga bihabwa ibigo by’indege bizwi nka ‘Skytrax World Airport Awards’. Uru rutonde rw’ibibugaContinue Reading

Mu myaka itanu umushinga USAID Nguriza Nshore umaze ukorera mu Rwanda wagize uruhare mu bikorwa bifite agaciro ka miliyoni 97$ binyuze mu gutera inkunga imishinga mito n’iciriritse ndetse no kubakira ubushobozi urwego rw’abikorera. Ni umusaruro wagaragajwe kuri uyu wa 17 Werurwe 2023 mu muhango wo gusoza ku mugaragaro umushinga w’IkigoContinue Reading

Ibigo Mbonezamikurire byo mu Karere ka Kayonza byatangiye kuvugururwa bihindurwa ibicumbi Mbonezamikurire by’abana bato, aho bizajya bitangirwamo serivisi zikomatanyije zirimo izari zisanzwe kongeraho iz’abana bafite ubumuga, ibiro by’abajyanama b’ubuzima, iby’umukuru w’Umudugudu ndetse n’izindi serivisi zitandukanye. Ni igikorwa cyatangijwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Werurwe 2023, gitangirizwa ku bicumbiContinue Reading

Mugihe Urwanda rwitegura Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya Indwara y’Igituntu . Minisiteri y’Ubuzima Iributsa Abanya Rwanda ko bagomba kwirinda  Iyindwara . Amakuru aturuka mu Kigo cy’Igihugu cyita ku buzima (RBC) agaragaza ko abantu bari hagati y’Ibihumbi bitanu na bitandatu bandura Igituntu mumwaka muri Aba 60 bagaragayeho Igituntu cy’Igikatu Mu Kiganiro BwanaContinue Reading

Uburyo bw’Iyamamazabuhinzi bworozi hakoreshejwe Amajwi n’Amashusho nkino   yateguwe na Porogaramu SAWBO yo muri PURDUE Universty muri Leta zunze Ubumwe za Amerika  buje kunganira Ubundi buryo buhari mu guteza Imbere Ubuhinzi n’Ubworozi  Mugihe Urwanda rukomeje kwakira Impuguke zinyuranye mukunganira Abahinzi n’Aborozi kugera ku musaruro Ushimishije , binyuze muri Porogaramu SAWBO yoContinue Reading

Abakoresha  n’Abaturiye Igishanga cya Walufu Mu bushakashatsi bwakozwe 40 Ku Ijana basanzwe bafite Indwara ya Bilariziyoze , Ibi bisobanuye ko Abaturage bakorera Ubuhinzi muri Iki Gishanga bafite Ibyago byinshi byo kuba bakandura Iyi ndwara ya Bilariziyoze. Minisiteri y’Ubuzima Ibinyujije mu kigo cyita ku buzima (RBC) Ishami rishinzwe kurandura Indwara zititawehoContinue Reading

Kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Werurwe 2023 Umuryango ASAREKA ( Association for Strengthening Agricultural Research in Eastern and Central Africa) Ni umuryango ugamije guteza imbere ubushakashatsi bushamikiye kubuhinzi watangije Amahugurwa azamara Iminsi Ibiri. Ni Amahugurwa ahuje abantu baturutse mu bigo  bitandukanye bikorera mu Rwanda ,Ibya Leta ndetse n’AbikoreraContinue Reading

This was revealed by Rwandan mushroom farmers in a meeting with their African colleagues who gathered in Kigali in a workshop organized by republic of China to train them in juncao technology. An often under-appreciated food, mushrooms have been eaten and used as medicine for thousands of years. The ChineseContinue Reading

Inkuru y’Imenyekana rya Musenyeri Twagirayezu muri Kigaliryatangajwe na Nyiricyubahiro Cardinal Antoni Kambanda Uwoyari Muri Centre Pastorale St Paul mugihe cya satanu aho yariAyoboye Inama Inama y’Abaspadiri bakorera Ubutumwa muriArikidiyosezi ya Kigali ari naho yabitangaje mu itangazo ryavuyemu Biro by’Intumwa ya Papa . Musenyeri Twagirayezu Jmv yavuze ko yishimiye guhabwaubutumwa muriContinue Reading