Kugeza udukingirizo hirya no hino ahahurira abantu benshi cyangwa ahakekwako hashobora kuba abaturage benshi bafite ubwandu bwa Virusi itera Sida,binyuze mu mikoranire y’Abajyanama b’Ubuzima n’ibigo nderabuzima, ni imwemuri serivise zitangwa n’Abajyanama b’Ubuzima. Hari abakigira ipfunwe ryokwaka udukingirizo, nyamara kandi ari amagara yabo baba barinda. Mu gushaka kumenya neza uruhare abajyanamaContinue Reading