Ubusugire bw’Ingo ni Ijambo rimaze kumenyekana kandi rikoreshwa  cyane mu kubaka no gufasha Abashakanye mu buryo bwemewe na Kiriziya kubaka neza Umuryango no kurera neza abana bawuvukamo . Ibi biri mu bikubiye mu biganiro bigiye guhuza Abayobozi muri kiriziya gatolika y’u Rwanda n’u Burundi guhera taliki ya 22 Kugeza 25 KemenaContinue Reading

Abakoresha  n’Abaturiye Igishanga cya Walufu Mu bushakashatsi bwakozwe 40 Ku Ijana basanzwe bafite Indwara ya Bilariziyoze , Ibi bisobanuye ko Abaturage bakorera Ubuhinzi muri Iki Gishanga bafite Ibyago byinshi byo kuba bakandura Iyi ndwara ya Bilariziyoze. Minisiteri y’Ubuzima Ibinyujije mu kigo cyita ku buzima (RBC) Ishami rishinzwe kurandura Indwara zititawehoContinue Reading

Kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Werurwe 2023 Umuryango ASAREKA ( Association for Strengthening Agricultural Research in Eastern and Central Africa) Ni umuryango ugamije guteza imbere ubushakashatsi bushamikiye kubuhinzi watangije Amahugurwa azamara Iminsi Ibiri. Ni Amahugurwa ahuje abantu baturutse mu bigo  bitandukanye bikorera mu Rwanda ,Ibya Leta ndetse n’AbikoreraContinue Reading

This was revealed by Rwandan mushroom farmers in a meeting with their African colleagues who gathered in Kigali in a workshop organized by republic of China to train them in juncao technology. An often under-appreciated food, mushrooms have been eaten and used as medicine for thousands of years. The ChineseContinue Reading

Inkuru y’Imenyekana rya Musenyeri Twagirayezu muri Kigaliryatangajwe na Nyiricyubahiro Cardinal Antoni Kambanda Uwoyari Muri Centre Pastorale St Paul mugihe cya satanu aho yariAyoboye Inama Inama y’Abaspadiri bakorera Ubutumwa muriArikidiyosezi ya Kigali ari naho yabitangaje mu itangazo ryavuyemu Biro by’Intumwa ya Papa . Musenyeri Twagirayezu Jmv yavuze ko yishimiye guhabwaubutumwa muriContinue Reading

Abanyamadini batandukanye biyemeje kurushaho gutanga umusanzu wabo, mu gushakira umuti ibibazo byinshi byugarije umuryango. Imibare yerekana ko nko mu 2019, ingo 8941 zasabye gatanya. Ni mu gihe Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) kivuga ko abenshi mu batandukanye icyo gihe ari abari barengeje imyaka 15 bashakanye. Ni ukuvuga ko icyo giheContinue Reading

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko leta iri hafi gusoza igikorwa cyo kuvugurura ibiciro by’amashanyarazi kandi ko bitarenze amezi abiri hazatangazwa ibiciro bishya. Yabivugiye imbere y’abagize Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi, ku wa Mbere w’iki cyumweru ubwo yabagezagaho ibikorwa bya guverinoma bimaze kugerwaho mu rwego rw’uburezi muri gahunda y’imyakaContinue Reading

Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS ryatangaje ko icyizere cyo kubaho ku baturage ba Afurika cyiyongereyeho imyaka icumi kiva ku myaka 46 kigera kuri 56. Icyizere cyo kubaho ni impuzandego imyaka abantu batuye mu gace runaka bashobora kubaho hashingiwe ku myaka yabo, igitsina n’igihugu. OMS yatangaje ko ubushakashatsi yakoreyeContinue Reading

Mu mpera za 2023 abaturarwanda bashobora gutangira gutekesha gaz yacukuwe mu Kivu, ni mu gihe hakomeje umushinga wo gutunganya gaz yo muri iki kiyaga ngo yifashishwe mu guteka, mu nganda no mu binyabiziga. Mu ntangiriro za 2019, Guverinoma y’u Rwanda ihagarariwe n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Mine, Peteroli na Gaz (RMB) n’UrwegoContinue Reading

Edgar Lungu wari Perezida wa Zambia, yemeye ibyavuye mu matora ya Perezida aherutse, ashimira Hakainde Hichilema wamutsinze. Komisiyo y’amatora muri Zambia yatangaje ko Hichilema utavugaga rumwe n’ubutegetsi ari we watsinze amatora ya Perezida aherutse, agatorwa ku majwi 2,810,777 mu gihe Lungu we yatowe n’abantu 1,814,201 mu matora yabaye kuwa KaneContinue Reading