Mu myaka itanu umushinga USAID Nguriza Nshore umaze ukorera mu Rwanda wagize uruhare mu bikorwa bifite agaciro ka miliyoni 97$ binyuze mu gutera inkunga imishinga mito n’iciriritse ndetse no kubakira ubushobozi urwego rw’abikorera. Ni umusaruro wagaragajwe kuri uyu wa 17 Werurwe 2023 mu muhango wo gusoza ku mugaragaro umushinga w’IkigoContinue Reading

Uburyo bw’Iyamamazabuhinzi bworozi hakoreshejwe Amajwi n’Amashusho nkino   yateguwe na Porogaramu SAWBO yo muri PURDUE Universty muri Leta zunze Ubumwe za Amerika  buje kunganira Ubundi buryo buhari mu guteza Imbere Ubuhinzi n’Ubworozi  Mugihe Urwanda rukomeje kwakira Impuguke zinyuranye mukunganira Abahinzi n’Aborozi kugera ku musaruro Ushimishije , binyuze muri Porogaramu SAWBO yoContinue Reading

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe Amashuri y’Incuke, Abanza n’Ayisumbuye, Twagirayezu Gaspard, yijeje ko ibijyanye n’imitegurire y’ibizamini bisoza ibyiciro bitandukanye by’amashuri byateguwe neza kandi biteze umusaruro ushimishije ugereranyije n’umwaka ushize ubwo bari mu bihe by’icyorezo cya Covid-19. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa 26 Nyakanga 2022, ubwo yatangizaga ibizaminiContinue Reading

Umujyi wa Kigali nk’utuwe cyane mu gihugu, ni ho hagarara umubare munini w’abanduye Virusi itera SIDA kuko habarurwa 54746 bangana na 4.3% by’ahatuye Ibi byagarutsweho mu bikorwa bigamije ubukangurambaga bwo kurwanya SIDA bwabereye mu Karere ka Nyarugenge, kuri uyu wa Gatanu tariki ya 10 Ukuboza 2021. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wungirije w’AkarereContinue Reading

Umugore wa Perezida w’u Burundi, Angeline Ndayishimiye Ndayubaha, yashimiye mugenzi we w’u Rwanda, Madamu Jeannette Kagame mu gihe hizihizwa isabukuru y’imyaka 20 ishize hashinzwe Umuryango Imbuto Foundation. Yatangaje ibi mu gihe ku wa 27 Ugushyingo 2021, ari bwo habaye umuhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 20 ishize Umuryango Imbuto Foundation umazeContinue Reading

Umunya-Uganda uterura ibiremereye, Julius Ssekitoleko, yaburiwe irengero ku wa Gatanu mu mwiherero w’abitegura Imikino Olempike ndetse yasize agapapuro kavuga ko ashaka kuguma mu Buyapani. Julius Ssekitoleko w’imyaka 20 yabuze nyuma yo kutajya kwipimisha COVID-19 ndetse ku wa Gatanu abayobozi batangaje ko polisi iri gukora ibishoboka kugira ngo uyu musore wariContinue Reading

Umunyeshuri wiga mu mwaka wa Gatanu w’amashuri abanza kuri GS Rukomo wagarutse ku ishuri nyuma y’umwaka atiga, arakangurira bagenzi be kwirinda guta ishuri kuko kenshi n’imirimo birukiramo bakora nta cyo ibagezaho kuko akenshi banabamburwa. Uwo mwana w’imyaka 14 y’amavuko, akomoka mu muryango ukennye ku buryo no kubona ibikoresho by’ishuli bimugora.Continue Reading

Umuhanzi akaba n’umuhanga mu gutunganya indirimbo Teddy Riley wakoze nyinshi mu za Michael Jackson n’abandi barimo nka Jay Z, yasazwe n’ibyishimo ubwo ku nshuro ye ya mbere yasuraga ingagi zo mu Birunga. Uyu mugabo w’umunyabigwi muri muzika, agiye kumara icyumweru mu Rwanda mu rugendo rwe bwite ariko byitezwe ko rushoboraContinue Reading

Minisitiri w’Ububanyi n ‘amahanga, Dr Vincent Biruta hamwe na Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu n’abakozi ba Leta muri Zimbabwe, July G Moyo kuri uyu wa Kane hifashishijwe ikoranabuhanga, bayoboye inama ya Komisiyo ihuriweho igamije kurushaho gutsura umubano. Ubutumwa Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga yashyize kuri Twitter, buvuga ko iyo nama ari iya mbere y’iyoContinue Reading