Abapolisi 10 n’Abarinzi ba Pariki y’Akagera 17 basoje amahuguruwa y’ibanze mu gucunga umutekano wo mu mazi.  Ibi byabaye  Kuri uyu wa 15  Nzeri 2023 mu karere ka Rubavu  ku kiyaga cya Kivu . Abapolisi b’igihugu bagera kuri 10 n’Abarinzi ba Pariki y’Akagera 17   basoje amahugurwa yo gucunga umutekano mu mazi(MarineContinue Reading

Ikipe y’Abasirikare barinda abayobozi bakuru b’Igihugu (Republican Guard) yageze ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Irushanwa ryo Kwibohora “Liberation Cup Tournament” nyuma yo gutsinda iy’Abasirikare bo mu mutwe udasanzwe, Special Operations Force ibitego 2-0 muri kimwe cya kabiri. Uyu mukino wabereye kuri Kigali Pelé Stadium ku gicamunsi cyo kuri uyu waContinue Reading

Ubusugire bw’Ingo ni Ijambo rimaze kumenyekana kandi rikoreshwa  cyane mu kubaka no gufasha Abashakanye mu buryo bwemewe na Kiriziya kubaka neza Umuryango no kurera neza abana bawuvukamo . Ibi biri mu bikubiye mu biganiro bigiye guhuza Abayobozi muri kiriziya gatolika y’u Rwanda n’u Burundi guhera taliki ya 22 Kugeza 25 KemenaContinue Reading

Kuri Uyu wa Gatanu Tariki ya 12 Gicurasi mu Ishuri rikuru ry’Ubuzima  rya Ruli Riherereye mu karere ka Gakenke . Ni umuhango witabiriwe na Dr Sabin Nsanzimana Ministiri w’Ubuzima aho yari kumwe na Nyiricyubahiro Antoni Cardinal Kambanda  akaba n’Umuyobozi w’Ikirenga w’Irishuri n’Abandi bayobozi mu nzego zinyuranye. Ishuri rikuru ry’Ubuzima ryaContinue Reading

Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali cyaje mu bibuga by’indege icumi byiza ku Mugabane wa Afurika, mu gihe mu karere u Rwanda ruherereyemo kiri ku mwanya wa gatatu. Ikibuga cy’Indege cya Kigali cyahawe iyi myanya binyuze mu bihembo mpuzamahanga bihabwa ibigo by’indege bizwi nka ‘Skytrax World Airport Awards’. Uru rutonde rw’ibibugaContinue Reading

Mu myaka itanu umushinga USAID Nguriza Nshore umaze ukorera mu Rwanda wagize uruhare mu bikorwa bifite agaciro ka miliyoni 97$ binyuze mu gutera inkunga imishinga mito n’iciriritse ndetse no kubakira ubushobozi urwego rw’abikorera. Ni umusaruro wagaragajwe kuri uyu wa 17 Werurwe 2023 mu muhango wo gusoza ku mugaragaro umushinga w’IkigoContinue Reading

Ibigo Mbonezamikurire byo mu Karere ka Kayonza byatangiye kuvugururwa bihindurwa ibicumbi Mbonezamikurire by’abana bato, aho bizajya bitangirwamo serivisi zikomatanyije zirimo izari zisanzwe kongeraho iz’abana bafite ubumuga, ibiro by’abajyanama b’ubuzima, iby’umukuru w’Umudugudu ndetse n’izindi serivisi zitandukanye. Ni igikorwa cyatangijwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Werurwe 2023, gitangirizwa ku bicumbiContinue Reading

Mugihe Urwanda rwitegura Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya Indwara y’Igituntu . Minisiteri y’Ubuzima Iributsa Abanya Rwanda ko bagomba kwirinda  Iyindwara . Amakuru aturuka mu Kigo cy’Igihugu cyita ku buzima (RBC) agaragaza ko abantu bari hagati y’Ibihumbi bitanu na bitandatu bandura Igituntu mumwaka muri Aba 60 bagaragayeho Igituntu cy’Igikatu Mu Kiganiro BwanaContinue Reading

Uburyo bw’Iyamamazabuhinzi bworozi hakoreshejwe Amajwi n’Amashusho nkino   yateguwe na Porogaramu SAWBO yo muri PURDUE Universty muri Leta zunze Ubumwe za Amerika  buje kunganira Ubundi buryo buhari mu guteza Imbere Ubuhinzi n’Ubworozi  Mugihe Urwanda rukomeje kwakira Impuguke zinyuranye mukunganira Abahinzi n’Aborozi kugera ku musaruro Ushimishije , binyuze muri Porogaramu SAWBO yoContinue Reading

Abakoresha  n’Abaturiye Igishanga cya Walufu Mu bushakashatsi bwakozwe 40 Ku Ijana basanzwe bafite Indwara ya Bilariziyoze , Ibi bisobanuye ko Abaturage bakorera Ubuhinzi muri Iki Gishanga bafite Ibyago byinshi byo kuba bakandura Iyi ndwara ya Bilariziyoze. Minisiteri y’Ubuzima Ibinyujije mu kigo cyita ku buzima (RBC) Ishami rishinzwe kurandura Indwara zititawehoContinue Reading