Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima,RBC, cyatangaje ko Abaturarwanda barenga miliyoni eshatu bamaze kugerwaho n’urukingo rwa Covid-19, kuva muri Werurwe 2021, ubwo hatangiraga ibikorwa byo gukingira. Ibikorwa byo gukingira byatangiriye ku bafite ibyago byo kwandura no kwanduza iki cyorezo cya Covid-19, barimo abakora mu nzego z’ubuzima, abageze mu zabukuru, abafite indwara zidakiraContinue Reading

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima ushinzwe Ubuzima bw’Ibanze, Dr Mpunga Tharcisse yavuze ko gahunda yo gukingira ku bwinshi icyorezo cya Covid-19, ikomeje gutanga umusaruro ugaragara mu bijyanye n’imiterere y’iki cyorezo mu Rwanda. Ni ibitangazwa mu gihe ku 23 Kanama 2021, Guverinoma y’u Rwanda yatangije gahunda yo gukingira icyorezo cyaContinue Reading

Itariki nyir’izina yo gutangira gukorera inkingo za COVID-19 mu Rwanda ntiratangazwa ariko imyiteguro irarimbanyije ari na ko inkunga igenda yiyongera. Nyuma y’uko mu mpera za Kamena 2021 Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi na Leta y’u Rwanda byasinyanye amasezerano ya miliyari 3,6 Frw azifashishwa mu rwego rw’ubuzima cyane cyane gutangiza gahunda yoContinue Reading

Muri Werurwe 2020, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ryasabye ko abagore barwaye COVID-19 bacyonsa babikomeza bubahiriza amabwiriza y’inzego z’ubuzima, kuko amashereka arinda abana kwandura indwara. Ni nyuma y’uko inyigo zari zerekanye ko kitandurira muri ubwo buryo. Hari ababyeyi bahitamo kwikama amashereka akohererezwa abana mu rugo mu gihe barwariyeContinue Reading

Minisiteri y’Ubuzima ku nshuro ya kabiri yatangiye igikorwa cyo gupima Covid-19 mu batuye mu Mujyi wa Kigali by’umwihariko mu tugari twagaragayemo abaturage benshi banduye iki cyorezo. Iki gikorwa cyabaye nyuma y’icyumweru Minisiteri y’Ubuzima ipimye Covid-19, abaturage bagera kuri 20% bo muri buri kagari muri Kigali nyuma y’aho uyu mujyi n’uturereContinue Reading

Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ko mu Rwanda hamaze kugera ubwoko butandatu bwa virusi itera Covid-19, burimo iyihinduranya izwi nka ‘Delta’ ndetse n’indi kugeza ubu hataramenyekana izina ryayo. Byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, kuri iki Cyumweru tariki 25 Nyakanga 2021, ubwo yasobanuraga ibyagendeweho mu kongera iminsi itanu ku gihe aboContinue Reading

Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Abanyamerika gikora imiti n’ibikoresho byo kwa muganga, Pfizer, Albert Bourla, yatangaje ko hagiye gukorwa ubwoko bushya bw’urukingo rwa COVID-19 buzaba bworoheye ibihugu byinshi kurubika. Mu kiganiro yagiranye na AFP ku wa 23 Mata 2021, Bourla yavuze ko ruri gukorwa ku buryo ruzaba rushobora kubikwa mu bukonje busanzweContinue Reading

Umubare w’abandura n’abicwa na Coronavirus ukomeje kuzamuka mu Buhinde by’umwihariko muri Leta ya Chhattisgarh iherutse gushyirwa muri gahunda ya guma mu rugo izarangira ku wa 6 Gicurasi 2021. Imibare yatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima muri iki gihugu igaragaza ko kugeza ubu impuzandengo y’abandura Coronavirus ku munsi ari 17.600 mu gihe aboContinue Reading