Kuri Uyu wa Gatanu Tariki ya 12 Gicurasi mu Ishuri rikuru ry’Ubuzima  rya Ruli Riherereye mu karere ka Gakenke . Ni umuhango witabiriwe na Dr Sabin Nsanzimana Ministiri w’Ubuzima aho yari kumwe na Nyiricyubahiro Antoni Cardinal Kambanda  akaba n’Umuyobozi w’Ikirenga w’Irishuri n’Abandi bayobozi mu nzego zinyuranye. Ishuri rikuru ry’Ubuzima ryaContinue Reading

Mugihe Urwanda rwitegura Umunsi mpuzamahanga wo kurwanya Indwara y’Igituntu . Minisiteri y’Ubuzima Iributsa Abanya Rwanda ko bagomba kwirinda  Iyindwara . Amakuru aturuka mu Kigo cy’Igihugu cyita ku buzima (RBC) agaragaza ko abantu bari hagati y’Ibihumbi bitanu na bitandatu bandura Igituntu mumwaka muri Aba 60 bagaragayeho Igituntu cy’Igikatu Mu Kiganiro BwanaContinue Reading

Abakoresha  n’Abaturiye Igishanga cya Walufu Mu bushakashatsi bwakozwe 40 Ku Ijana basanzwe bafite Indwara ya Bilariziyoze , Ibi bisobanuye ko Abaturage bakorera Ubuhinzi muri Iki Gishanga bafite Ibyago byinshi byo kuba bakandura Iyi ndwara ya Bilariziyoze. Minisiteri y’Ubuzima Ibinyujije mu kigo cyita ku buzima (RBC) Ishami rishinzwe kurandura Indwara zititawehoContinue Reading

Nyuma yuko Akarere ka Rutsiro kagaragaye mu Turere  dufite Abana bafite Imirire  mibi n’Igwingira  aho Kari kuri 44,4% Ubuyobozi bw’Akarere bw’Aka karere  mu gukemura Iki kibazo  bwashyizeho gahunda y’Ubukangurambaga  bwitwa “Tubegere duca Ingando “ Iyi ni Gagunda Igamije Gukemura Ibibazo by’Abaturage ,Kugenzura  Isuku  ndetse n’Ubukangura mbaga bwo Gukumira Imirire mibiContinue Reading

Ishyirahamwe ry’ababyaza mu Rwanda (RAM) ku bufatanye n’umuryango mpuzamahanga w’ababyaza (ICM) ryasoje umushinga w’amezi icumi witwa ‘Isabukuru nziza y’amavuko’ mu kwishimira ibyagezweho ahanini byita ku buzima bw’ababyeyi n’abana. Inama yo gusoza uyu mushinga yabaye ku ya 20 Nyakanga 2022 aho abafatanyabikorwa basuzumye ibyagezweho binyuze mu biganiro byatanzwe hifashishijwe ikoranabuhanga. UyuContinue Reading

Ishyirahamwe ry’ababyaza mu Rwanda (RAM) ku bufatanye n’umuryango mpuzamahanga w’ababyaza (ICM) ryatangije umushinga wo guharanira ubuzima bw’ababyeyi n’abana mu gihe cy’ivuka. Uyu mushinga wiswe ‘More Happy Birth Day’ cyangwa ‘Umunsi mwiza w’amavuko’ ugamije kuzamura ireme rya serivisi ihabwa ababyeyi babyara n’abana bavutse hongerwa ubumenyi n’ubushobozi  bw’ababyaza binyuze mu mahugurwa yifashishijeContinue Reading