Ikibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Kigali cyaje mu bibuga by’indege icumi byiza ku Mugabane wa Afurika, mu gihe mu karere u Rwanda ruherereyemo kiri ku mwanya wa gatatu. Ikibuga cy’Indege cya Kigali cyahawe iyi myanya binyuze mu bihembo mpuzamahanga bihabwa ibigo by’indege bizwi nka ‘Skytrax World Airport Awards’. Uru rutonde rw’ibibugaContinue Reading

Mu myaka itanu umushinga USAID Nguriza Nshore umaze ukorera mu Rwanda wagize uruhare mu bikorwa bifite agaciro ka miliyoni 97$ binyuze mu gutera inkunga imishinga mito n’iciriritse ndetse no kubakira ubushobozi urwego rw’abikorera. Ni umusaruro wagaragajwe kuri uyu wa 17 Werurwe 2023 mu muhango wo gusoza ku mugaragaro umushinga w’IkigoContinue Reading

Kuri uyu wa Kane tariki ya 2 Werurwe 2023 Umuryango ASAREKA ( Association for Strengthening Agricultural Research in Eastern and Central Africa) Ni umuryango ugamije guteza imbere ubushakashatsi bushamikiye kubuhinzi watangije Amahugurwa azamara Iminsi Ibiri. Ni Amahugurwa ahuje abantu baturutse mu bigo  bitandukanye bikorera mu Rwanda ,Ibya Leta ndetse n’AbikoreraContinue Reading

This was revealed by Rwandan mushroom farmers in a meeting with their African colleagues who gathered in Kigali in a workshop organized by republic of China to train them in juncao technology. An often under-appreciated food, mushrooms have been eaten and used as medicine for thousands of years. The ChineseContinue Reading

Rutazigwa Eric usanzwe ari umushoramari mu by’amahoteli yaguye ibikorwa bye bigera no mu Mujyi wa Rubavu kuko ubusanzwe yari afite Galaxy Hotel ikorera mu Mujyi wa Kigali. Igitekerezo cyo gushyira hoteli mu Karere ka Rubavu gifitanye isano no kuba ari ahantu haberanye n’ubukerarugendo kubera Ibirunga bihegereye, Ikiyaga cya Kivu ndetseContinue Reading

Umushinga uteza imbere ibikorwa byo kwihangira imirimo mu Rwanda na Kenya, JASIRI, ugiye gutanga amasomo y’umwaka umwe kuri ba rwiyemezamirimo bagitangira ibikorwa byabo batoranyijwe, mu rwego rwo kubafasha guhanga ibitekerezo bishya, gusuzuma akamaro kabyo, kubikorera igerageza no kubibyaza umusaruro ku isoko. Iyo gahunda y’amasomo yiswe “JASIRI Talent Investor” yatangijwe kuContinue Reading

Sitasiyo zirenga 50 zicuruza ibikomoka kuri peteroli za sosiyete y’abanya-Kenyam Konel Kobil ziri guhindurirwa amazina hirya no hino mu Rwanda nyuma y’imyaka ibiri iyi sosiyete yegukanwe na Rubis énergie ikomoka mu Bufaransa yari isanzwe ikorera mu bihugu 12 byo muri Afurika. Rubis énergie itaragiraga amashami muri Afurika y’Iburasirazuba no hagatiContinue Reading

Hatangijwe ubukangurambaga bwiswe “Twiteze Imbere”, bugamije gushyigikira no kuzirikana uruhare rw’ibigo bito n’ibiciriritse byatanze umusanzu mu rugendo rwo gusohoka mu bibazo byatewe n’icyorezo cya Covid-19. Bizakorwa binyuze mu rubuga SME Response Clinic rwatangijwe n’urugaga rw’abikorera mu Rwanda (PSF) ku bufatanye n’Ikigo cy’igihugu giharanira ko serivisi z’imari zigera kuri bose, AccessContinue Reading

Amata ni ikinyobwa gikomeye mu muco Nyarwanda ku buryo afatwa nk’izimano rimara inyota, urugo arimo rukagaragara nk’urwifite rwaciye ukubiri n’inzara n’indwara zo kugwingira n’izindi zibasira abana. Bigera n’aho Abanyarwanda bavuga ko umwana wakuze neza, ari uwanyoye amata, umugeni uraye ari bushyingirwe nawe yagombaga kurya bike ahubwo akinywera amata. Ni ntagereranywa,Continue Reading

Ubwo yari mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko urwego rw’inganda ruzagenerwa miliyari 150 Frw azarufasha kwigobotora ingaruka z’icyorezo cya Covid-19. Kugeza ubu, inganda zimaze guhabwa amafaranga arenga miliyoni 955 Frw, ariko hari gahunda yo kongera icyo gishoro, ku buryo urwego rw’inganda byitezwe koContinue Reading