Abapolisi 10 n’Abarinzi ba Pariki y’Akagera 17 basoje amahuguruwa y’ibanze mu gucunga umutekano wo mu mazi.  Ibi byabaye  Kuri uyu wa 15  Nzeri 2023 mu karere ka Rubavu  ku kiyaga cya Kivu . Abapolisi b’igihugu bagera kuri 10 n’Abarinzi ba Pariki y’Akagera 17   basoje amahugurwa yo gucunga umutekano mu mazi(MarineContinue Reading

Gufata impyisi nk’inyamaswa itagira ubwenge binyuze mu migami miremire ntabwo byari umwihariko w’inyandiko zo mu rurimi rw’Ikinyarwanda gusa kuko no mu bitabo by’ururimi rw’Igifaransa hagaragaragamo imyandiko igaragaza impyisi nk’inyamaswa ihendwa ubwenge n’izindi. Mu myandiko y’ikinyarwanda yagaragaje impyisi nk’itazi gushishoza twavugamo: Bakame n’Impyisi, Ihene n’Impyisi n’indi itandukanye, ndetse no mu mashuriContinue Reading

Waba ubizi cyangwa utabizi burya hari ibisiga bikora akazi katoroshye ko gukora isuku ahantu hatandukanye haba aho dutuye cyangwa kure y’aho dutuye. Bimwe muri ibyo bisiga twabonyemo amoko atandukanye y’inkongoro zirya ibisigazwa by’inyama n’imirambo. Ntabwo rero inkongoro zikora ako kazi zonyine ahubwo na Marabou Stork irazifasha kugira ngo ako kaziContinue Reading

Kuva icyorezo cya COVID-19 cyagera mu Rwanda, ubuzima bwarahindutse ku buryo benshi bibaza niba buzongera kumera nka mbere. Ibitaramo ni ukubirebera kuri televiziyo, abakunda umuziki bakabyinira mu rugo, ubu ikiri imbere y’ibindi ni ukuramira ubuzima, aka wa mugani ugira uti ‘amagara araseseka ntayorwa.’ Mu gihe imyidagaduro yafunzwe, byari ngombwa koContinue Reading

Umuhanzi akaba n’umuhanga mu gutunganya indirimbo Teddy Riley wakoze nyinshi mu za Michael Jackson n’abandi barimo nka Jay Z, yasazwe n’ibyishimo ubwo ku nshuro ye ya mbere yasuraga ingagi zo mu Birunga. Uyu mugabo w’umunyabigwi muri muzika, agiye kumara icyumweru mu Rwanda mu rugendo rwe bwite ariko byitezwe ko rushoboraContinue Reading