Guverinoma iri hafi gutangaza ibiciro bishya by’amashanyarazi
Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, yatangaje ko leta iri hafi gusoza igikorwa cyo kuvugurura ibiciro by’amashanyarazi kandi ko bitarenze amezi abiri hazatangazwa ibiciro bishya. Yabivugiye imbere y’abagize Inteko Ishinga Amategeko, imitwe yombi, ku wa Mbere w’iki cyumweru ubwo yabagezagaho ibikorwa bya guverinoma bimaze kugerwaho mu rwego rw’uburezi muri gahunda y’imyakaContinue Reading