Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, OMS ryatangaje ko icyizere cyo kubaho ku baturage ba Afurika cyiyongereyeho imyaka icumi kiva ku myaka 46 kigera kuri 56. Icyizere cyo kubaho ni impuzandego imyaka abantu batuye mu gace runaka bashobora kubaho hashingiwe ku myaka yabo, igitsina n’igihugu. OMS yatangaje ko ubushakashatsi yakoreyeContinue Reading

Abahanga batatu mu bijyanye n’ubushakashatsi mu isanzure bo mu Bushinwa, bafashe urugendo rubaganisha mu butumwa mu isanzure, rukomeje inkundura y’ibihugu bikomeye ku Isi bishaka kuba ibihangange mu isanzure. U Bushinwa bumaze igihe buri gutegura umushinga wabubashisha kuba igihangange mu bihugu bikora ubushakashatsi ku isanzure. Abashakashatsi bwohereje kuri Station ya TiangongContinue Reading

Aba Taliban babujije abogoshi (aba-coiffeurs) bo mu ntara ya Helmand mu majyepfo ya Afghanistan kogosha cyangwa guconga ubwanwa, bavuga ko binyuranyije n’uko bo bafata amategeko ya kisilamu. Uwo ari we wese uzabirengaho azahanwa, nkuko polisi y’aba Taliban igenzura iby’idini ibivuga.Abogoshi bamwe bo mu murwa mukuru Kabul bavuze ko na boContinue Reading

Pariki y’Igihugu y’Ibirunga iri mu Majyaruguru y’u Burengerazuba bw’u Rwanda ni yo ibonekamo ingagi zo mu misozi zisigaye hake ku Isi. Ni pariki ifatiye benshi runini kuko uretse kuba Abanyarwanda bayivomamo ubukungu buturuka ku byiza nyaburanga biyibamo, ni n’isoko y’ibyishimo ku banyamahanga bayisura bagamije kwirebera bimwe mu bigize urusobe rw’ibinyabuzimaContinue Reading

Ubusanzwe tumenyereye ascenseur zifite akamaro ko kuvana umuntu muri étage imwe imujyana mu yindi. Gusa iyubatswe mu nyubako ya Summit One Vanderbilt si cyo izaba imaze gusa ahubwo ifite umwihariko wo gutembereza abantu ibereka ibyiza by’Umujyi wa Manhattan muri ascenseur y’ibirahure. Iyi nyubako yubatswe mu Mujyi wa New York muriContinue Reading

Waba ubizi cyangwa utabizi burya hari ibisiga bikora akazi katoroshye ko gukora isuku ahantu hatandukanye haba aho dutuye cyangwa kure y’aho dutuye. Bimwe muri ibyo bisiga twabonyemo amoko atandukanye y’inkongoro zirya ibisigazwa by’inyama n’imirambo. Ntabwo rero inkongoro zikora ako kazi zonyine ahubwo na Marabou Stork irazifasha kugira ngo ako kaziContinue Reading