Ubusugire bw’Ingo ni Ijambo rimaze kumenyekana kandi rikoreshwa  cyane mu kubaka no gufasha Abashakanye mu buryo bwemewe na Kiriziya kubaka neza Umuryango no kurera neza abana bawuvukamo . Ibi biri mu bikubiye mu biganiro bigiye guhuza Abayobozi muri kiriziya gatolika y’u Rwanda n’u Burundi guhera taliki ya 22 Kugeza 25 KemenaContinue Reading

Inkuru y’Imenyekana rya Musenyeri Twagirayezu muri Kigaliryatangajwe na Nyiricyubahiro Cardinal Antoni Kambanda Uwoyari Muri Centre Pastorale St Paul mugihe cya satanu aho yariAyoboye Inama Inama y’Abaspadiri bakorera Ubutumwa muriArikidiyosezi ya Kigali ari naho yabitangaje mu itangazo ryavuyemu Biro by’Intumwa ya Papa . Musenyeri Twagirayezu Jmv yavuze ko yishimiye guhabwaubutumwa muriContinue Reading

Abanyamadini batandukanye biyemeje kurushaho gutanga umusanzu wabo, mu gushakira umuti ibibazo byinshi byugarije umuryango. Imibare yerekana ko nko mu 2019, ingo 8941 zasabye gatanya. Ni mu gihe Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) kivuga ko abenshi mu batandukanye icyo gihe ari abari barengeje imyaka 15 bashakanye. Ni ukuvuga ko icyo giheContinue Reading

Ku wa 8 Nzeli mu 1990, Antoine Cardinal Kambanda ni umwe mu basore 32 bahawe Isakaramentu ry’Ubusaserodoti na Papa Yohani Paul II, icyo gihe wari mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda. Ibi bivuze ko Antoine Cardinal Kambanda yizihiza imyaka 31 ishize afashe icyemezo cyo kwiyegurira Imana kandi kigahabwa umugisha n’Umushumba waContinue Reading

Kububufatanye no gushyirahamwe by’abakristu  bo muri Diyoseze ya cyangugu bakomeje  gukora ibikorwa byiza  by’Indashyikirwa aho kuri iki cyumweru  tariki ya 22 Kanama 2021 hatashywe kumugaragaro kiriziya ( Chapelle) yubatswe kubufatanye bw’abakristu  ikaba yatashywe kumugaragaro mu gitambo cya Misa yatuwe na Nyiricyubahiro Mgr Eduard SINAYOBYE Umushumba wa Diyoseze ya Cyangugu. KiriziyaContinue Reading

Umuhango wabereye  I Remera muri Paruwasi ya Regina Pacis mu gitambo cy’Ukaristiya cyayobowe na Nyiricyubahiro Cardinal Antoine Kambanda  Arkipesikopi wa Kigali .   Misa yatangiwemo Ubuseseridoti kubari abadiyakoni  batatatu aribo bahawe Ubupadiri  kuri uyumunsi mukuru kiriziya yizihiza Umunsi  wa Asomusiyo. Asomusiyo ni Umunsi ukomeye kandi ufite agaciro muri Kiriziya Gatolika  aho EugeneContinue Reading

Buri wa 3 Kamena Kiliziya Gatolika yizihiza Umunsi w’Abakirisitu Gatolika 22 bahowe Imana b’Abanya-Uganda, bakaza no kugirwa Abatagatifu. Bari mu Banyafurika benshi bishwe bazira kuyoboka abapadiri bera bari baturutse mu Burengerazuba bw’Isi, baje kwigisha ijambo ry’Imana. Abo bahowe Imana bashyizwe mu gitabo cy’Abatagatifu Kiliziya yiyambaza, gusa ubwo bicwaga n’Umwami KabakaContinue Reading

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney, yasabye ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika mu Rwanda kwifashisha umuyoboro wa televiziyo nshya bwatangije mu kugeza ubutumwa bwiza bwubaka abanyarwanda bakunda igihugu kandi bafite roho nzima zituye mu mubiri muzima. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa Kabiri tariki 4 Gicurasi 2021, ubwo yafunguraga kuContinue Reading

Umwaka urashize icyorezo cya Covid-19 cyatangiriye mu Mujyi wa Wuhan mu Bushinwa, gica ibintu ibintu hirya no hino. Mu ntangiriro, ubuhanuzi bw’abanyamadini kuri icyo cyorezo bwabaye bwinshi ariko kimaze gukwirakwira abahanuzi bacishije make. Uwibukwa cyane ni umunyabitangaza ukomeye wo muri Nigeria, TB Joshua, uyobora urusengero Synagogue Church of all NationsContinue Reading