Mu Rwanda hagiye kubera irushanwa rizahemba umusore uhiga abandi ‘Umurava, ubwenge n’umuco’ rizwi nka Mr Rwanda, aho uzatsinda azahabwa imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Celica n’icumbi ry’umwaka mu nyubako za TomTransfers. Ni irushanwa riri gutegurwa na Sosiyete yitwa ‘Imanzi Agence Ltd’ ifatanyije n’umuterankunga mukuru TomTransfers. Byitezwe ko Ikamba rya RudasumbwaContinue Reading

Perezida Vladimir Putin yaserereje umunyamakuru w’Umunyamerika, amubwira ko ashobora kuba ari mwiza cyane ku buryo bimugora kumva ibitekerezo bye. Mu kiganiro cyabaye ku wa Gatatu mu cyumweru cyahariwe Ingufu mu Burusiya, Hadley Gamble ukorera CNBC niwe wari uyoboye ikiganiro cyatanzwe na Putin. Yamuhase ibibazo amubaza ku bivugwa ko u BurusiyaContinue Reading

Ignace Hakizimana utuye mu Bubiligi akaba umuganga n’umuhanzi w’indirimbo zikunzwe muri Kiliziya Gatolika, ageze kure imirimo yo gukora kuri Album ye nshya. Uyu mugabo ubusanzwe wibera ku mugabane w’u Burayi mu Bubiligi ni umuganga wabigize umwuga kuko ari byo yize muri Kaminuza y’u Rwanda i Butare no mu Bubiligi. MuriContinue Reading

Abahanzi batandukanye babarizwa mu muryango Imbonizarwo bize umuziki ku Nyundo, basohoye indirimbo nshya bise “Wimuroha” igaruka ku basambanya abana bato ikanakangurira abantu kureka kwigira abafatanyacyaha. Iyi ndirimbo yakozwe mu rwego rwo kurwanya inda ziterwa abangavu. Igaragaramo umukinnyi wa filime ubirambyemo Irunga Rongin ari na we mukinnyi w’imena ukina ashuka abanaContinue Reading

Umuhire Eliane uri mu Banyarwandakazi bamaze kwamamara muri sinema, wanegukanye ibihembo abikesheje filime yitwa ‘Birds are singing in Kigali’, ari mu byishimo nyuma y’igihe yari amaze aba mu Bufaransa atarabona abazajya bamureberera inyungu. Kuri ubu ari gukorana n’imwe muri sosiyete zikomeye muri iki gihugu yitwa ‘Time Art’ ifasha abahanzi muContinue Reading