Hagiye kuba irushanwa rya ‘Mr Rwanda’ rizahuza abasore ba Rudasumbwa bahatanira imodoka
Mu Rwanda hagiye kubera irushanwa rizahemba umusore uhiga abandi ‘Umurava, ubwenge n’umuco’ rizwi nka Mr Rwanda, aho uzatsinda azahabwa imodoka yo mu bwoko bwa Toyota Celica n’icumbi ry’umwaka mu nyubako za TomTransfers. Ni irushanwa riri gutegurwa na Sosiyete yitwa ‘Imanzi Agence Ltd’ ifatanyije n’umuterankunga mukuru TomTransfers. Byitezwe ko Ikamba rya RudasumbwaContinue Reading