Mastercard Foundation ku bufatanye n’ikigo cya Siyavula gikomoka muri Afurika y’Epfo batangije uburyo bushya mu Rwanda, bwo gufasha abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye gusubiramo ibyo bize cyane mu mibare na siyansi hifashishijwe ikoranabuhanga. Iki kigo cyatangiye gukorera mu Rwanda mu Ukwakira 2020, gisanzwe gikorera muri Afurika y’Epfo, Ghana no muriContinue Reading

Ikigo cy’Umunyemari w’Umunyamerika, Elon Musk, kiri gukora ubushakashatsi ku ikoranabuhanga ryashyirwa mu bwonko bw’umuntu akabasha gukoresha mudasobwa cyangwa telefoni atabikozeho,Neuralink, cyerekanye amashusho y’inkende yakinnye umukino w’amashusho hakoreshejwe utwuma twayishyizwe mu bwonko. Sky News yatangaje ko iyo nkende yabashije kubikora nyuma y’ibyumweru bitandatu utwo twuma tuyishyizwe mu bice byose by’ubwonko, ikinaContinue Reading

Leta y’u Rwanda n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU) byashyize umukono ku masezerano yo gushinga ibigo by’ikoranabuhanga mu turere twa Muhanga,Nyagatare, Rubavu na Rusizi, bizafasha ba rwiyemezamirimo bato kongera ubumenyi no guhanga imishinga ifatiye ku ikoranabuhanga. Itangazo Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo yageneye abanyamakuru, risobanura ko ibigo bine byiswe “HANGA Hubs” bizashyirwaContinue Reading

Raporo ngarukamwaka ku biciro bya internet, Worldwide Mobile Data Pricing, yerekanye ko mu 2021 u Rwanda ruhagaze ku mwanya wa 70 ku Isi, n’uwa 13 muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara mu kugira internet ihendutse. Iyo raporo ikorwa n’Ikigo cy’Abongereza gikora ubushakashatsi ku ikoranabuhanga, Cable, igaragaraho ibihugu 230 byoContinue Reading