Abiga mu yisumbuye bashyiriweho ikoranabuhanga ribafasha mu masomo ya siyansi n’imibare
Mastercard Foundation ku bufatanye n’ikigo cya Siyavula gikomoka muri Afurika y’Epfo batangije uburyo bushya mu Rwanda, bwo gufasha abanyeshuri biga mu mashuri yisumbuye gusubiramo ibyo bize cyane mu mibare na siyansi hifashishijwe ikoranabuhanga. Iki kigo cyatangiye gukorera mu Rwanda mu Ukwakira 2020, gisanzwe gikorera muri Afurika y’Epfo, Ghana no muriContinue Reading