Ubushakashatsi butandukanye bwagiye bukorerwa kuri Venus, bukerekana ko ari umubumbe w’urutare rukomeye rutameneka, utwikiriwe n’igikonoshwa kitajegajega ukagira ubushyuhe bwinshi ariko nyuma ubundi buza kugaragaza ko uyu mubumbe ufite ubutaka bwenda kumera neza nk’ubwo ku Isi. Uwo mubumbe unafite uduce twikaraga nk’uko biri ku Isi, ubu noneho byitezwe ko ingendo ebyiriContinue Reading

Ibihe by’imvura ni bimwe mu bikunze kugora abatwara imodoka, cyane ko iyo bititondewe bishobora gutera impanuka ziturutse ku kuba umushoferi ataramenya ko hari ibyo akwiye gusuzumisha mbere yo gutangira gutwara mu mvura. Mu rwego rwo kumenya ibyo umuntu utwara imodoka yakwitwararikaho muri ibi bihe by’imvura, IGIHE yagiranye ikiganiro na MuvakureContinue Reading

Perezida wa Liberia, George Weah yahaye buruse n’amafaranga umusore wo muri iki gihugu witwa Emmanuel Tolue uherutse gutoragura ibihumbi 50$ byari byatawe n’umugore w’umucuruzi akayamusubiza. Mu minsi ishize nibwo Emmanuel Tolue usanzwe ukora akazi k’ubumotari mu gace ka Nimba yatoraguye ibahasha irimo ibihumbi 50$. Aya mafaranga yaje kurangishwa n’umugore w’umucuruziContinue Reading

Minisiteri y’Ubuzima yagaragaje ko mu Rwanda hamaze kugera ubwoko butandatu bwa virusi itera Covid-19, burimo iyihinduranya izwi nka ‘Delta’ ndetse n’indi kugeza ubu hataramenyekana izina ryayo. Byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, kuri iki Cyumweru tariki 25 Nyakanga 2021, ubwo yasobanuraga ibyagendeweho mu kongera iminsi itanu ku gihe aboContinue Reading