Ibigo Mbonezamikurire byo mu Karere ka Kayonza byatangiye kuvugururwa bihindurwa ibicumbi Mbonezamikurire by’abana bato, aho bizajya bitangirwamo serivisi zikomatanyije zirimo izari zisanzwe kongeraho iz’abana bafite ubumuga, ibiro by’abajyanama b’ubuzima, iby’umukuru w’Umudugudu ndetse n’izindi serivisi zitandukanye. Ni igikorwa cyatangijwe kuri uyu wa Gatanu tariki ya 17 Werurwe 2023, gitangirizwa ku bicumbiContinue Reading

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe Amashuri y’Incuke, Abanza n’Ayisumbuye, Twagirayezu Gaspard, yijeje ko ibijyanye n’imitegurire y’ibizamini bisoza ibyiciro bitandukanye by’amashuri byateguwe neza kandi biteze umusaruro ushimishije ugereranyije n’umwaka ushize ubwo bari mu bihe by’icyorezo cya Covid-19. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa 26 Nyakanga 2022, ubwo yatangizaga ibizaminiContinue Reading

Bimwe mu bigo by’amashuri abanza n’ayisumbuye byatangiye gutegura abanyeshuri babyo kugira ngo bazabashe kwitabira amarushanwa yo gusoma ku rwego rw’igihugu, azatangira mu Ugushyingo uyu mwaka. Guhera tariki 15 Ugushyingo, hazatangira amarushanwa yo gusoma azakorerwa ku rwego rw’amashuri, umurenge, Akarere, Intara no ku rwego rw’igihugu. Yateguwe n’Urugaga rw’Abanditsi mu Rwanda kuContinue Reading

Ubu bukangurambaga bwatangijwe kuri uyu wa Gatatu ubwo hizihizwaga Umunsi Mpuzamahanga wahariwe ababyeyi. Mu gihe cy’ukwezi, Guverinoma y’u Rwanda binyuze muri Ministeri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Ikigo Gishinzwe Imikurire no Kurengera Umwana, UNICEF n’abandi bafatanyabikorwa bazakora uruhurirane rw’ibikorwa bigamije kwimakaza uburere buboneye na gahunda y’ubuzima bwiza bwo mu mutwe mu Rwanda.Continue Reading

Ihohoterwa rikorerwa abana ni kimwe mu bikomeye bihungabanya uburenganzira bwabo. Ihohoterwa rishingiye ku gitsina, Ihohoterwa ribabaza umubiri n’ihohoterwa ribabaza umutima bifite ingaruka mbi cyane ku buzima n’ibyishimo kandi bituma umwana adatanga umusanzu we wose mu kubaka umuryango mugari. Mu Rwanda, abarenga kimwe cya kabiri cy’abakobwa bose ndetse n’abahungu batandatu muContinue Reading

Umunyeshuri wiga Kigali Parents  Ineza Tiana Merveille Umwana w’Imyaka  7 ufite Impano yo Gusubiza abanyamakuru adategwa. Ubwo yagaragaye kuri  PACIS  TV  Umuyoboro usakaza amajwi n’Amashusho ikaba ari Televiziyo ya Kiriziya Gatolika  .Uyu mwana w’Umukobwa w’Imyaka 7 akaba ari uwo mu Karere ka Gasabo Umurenge wa Kimironko ahitwa I Kibagabaga  akabaContinue Reading